Manzi Thierry na Sefu baheruka gutandukana na Rayon Sports berekeje muri APR FC
Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na Myugariro Manzi Thierry cyo kimwe na Niyonzima Olivier bita Sefu, nyuma yo gusezererwa
Read MoreIki gice cy’urubuga mugisangamo imikino yose.
Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na Myugariro Manzi Thierry cyo kimwe na Niyonzima Olivier bita Sefu, nyuma yo gusezererwa
Read MoreOlivier Kwizera ukinira ikipe y’igihugu Amavubi, yerekeje muri Bloemfontein Celtic yo muri Afurika y’Epfo nyuma y’amezi yari ashize nta kipe
Read MoreIkipe ya Etincelles FC yo mu karere ka Rubavu, yamaze gusinyisha rutahizamu witwa Norman Ogik wakiniraga ikipe ya Police FC
Read MoreUmunya-Brazil Neymar Jr yamaze kumvikana na FC Barcelona yahoze akinira, kugira ngo ayisubiremo muri iyi mpeshyi avuye muri PSG yo
Read MoreRutahizamu Bigirimana Issa nyuma yo gutera ivi akambika umukunzi we impeta y’urukundo,abantu batandukanye bakibasira umukunzi we kubera imyambarire ye igaragaza
Read MoreIkipe ya APR FC yamaze kwisubiza Umunyezamu Rwabugiri Omar, imuvanye mu kipe ya Mukura VS yari amaze imyaka ibiri akinira.
Read MoreAbakinnyi n’abayobozi ba Rayon Sports basuye ku Mulindi w’Intwari aho basobanuriwe ubutwari bwa FPR Inkotanyi mu rugamba rwo kubohora igihugu
Read MoreIkipe y’igihugu ya Argentine Albiceleste, yageze muri ¼ cy’irangiza mu mikino ya Copa América, nyuma yo gutsinda Qatar ibitego 2-0
Read MoreTombora y’uko amakipe agomba guhura muri 1/2 cy’irangiza cy’irushanwa ry’igikombe cy’amahoro, yanzuye ko Rayon Sports ihura na AS Kigali mu
Read MoreUmutoza wa Rayon Sports , Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo, uri uri mu biruhuko iwabo muri Brésil, yijihije isabukuru y’imyaka
Read More