Ubuzima

Amakuru n’inyandiko za Teradig News k’ ubuzima

AmakuruUbuzima

MINISANTE yagaragaje imibare mishya itanga icyizere ku ndwara ya Marburg

Imibare mishya ya Minisiteri y’Ubuzima ku ishusho y’indwara ya Marburg mu Rwanda, iragaragaza ko ubu hasigaye abantu bane gusa bakiri

Read More
AmakuruPolitikiUbuzima

Imibare y’abishwe n’icyorezo cya Marburg yiyongereye

Minisiteri y’Ubuzima ku Cyumweru yatangaje ko hari abandi bantu babiri bishwe n’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg, bituma

Read More
AmakuruAmakuru ashushyeUbuzima

Minisante yasabye abanyarwanda kudakurwa umutima na Marburg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, yasabye Abaturarwanda kudakurwa umutima n’icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu Rwanda ndetse kuri ubu ki kaba kimaze

Read More
AmakuruAmakuru ashushyeUbuzima

Minisiteri y’ ubuzima yatanze impuruza kuri Virusi ya Marburg

Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko mu bitaro bitandukanye byo mu Rwanda habonetse abarwayi bake bafite ibimenyetso by’indwara na virusi ya Marburg

Read More
AmakuruAmakuru ashushyeUbuzima

Umwana w’ imyaka 13 yasanzwe muri ruhurura yapfuye

Muri ruhurura izwi nka Mpazi itandukanya Umurenge wa Gitega n’uwa Kimisagara, hasanzwemo umurambo w’umwana w’umuhungu bikekwa ko yishwe n’amazi. Ejo

Read More
AmakuruAmakuru ashushyeUbuzima

Dore Impamvu Abana aribo bakomeje kwibasirwa n’ icyorezo cy’ Ubushita bw’ Inkende muri Congo

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ikibazo cy ‘icyorezo cy’ Ubushita bw’ Inkende gikomeje gufata indi ntera byumwihariko mu bana

Read More
AmakuruAmakuru ashushyeUbuzima

DRC: Leta yiteguye gutanga inkingo ku cyorezo cy’ Ubushita bw’ Inkende

Mu kiganiro yaraye agiranye n’abanyamakuru I Kinshasa, minisitiri w’ubuzima muri Repubuliya ya Demokarasi ya Congo, Samuel-Roger Kamba yatangaje ko imibare

Read More
AmakuruAmakuru ashushyeUbuzima

Abakora Ingendo Basabwe Kwikingiza Kubera Icyorezo cya MPox

Abantu bakunze gukora ingendo hirya no hino ku isi bagiriwe inama yo kwikingiza mu gihe baba bagiye mu bice by’umugabane

Read More
AmakuruPolitikiUbuzima

MINISANTE yavuze ku ngamba zafashwe kubera abaganga boherezwa kwiga hanze ntibagaruke

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yavuze ku ngamba zafashwe zo kwigishiriza abaganga benshi imbere mu gihugu no kubongerera amahugurwa, nyuma

Read More
AmakuruUbuzimaUtuntu Nutundi

Ubushakashatsi: Ushobora kuba urwaye SIDA niba ugira ibi bimenyetso n’ijoro

Niba ujya ugira ikibazo cyo kubira ibyuya mu ijoro ukumva urabangamiwe cyane, iyi nkuru irakureba. Rimwe na rimwe hari ubwo

Read More
Twitter
WhatsApp
FbMessenger