Amakuru

RDF irararika abasore n’inkumi bifuza kuba aba Ofisiye

Ubuyobozi bw’Ingabo z’igihugu RDF, burararikira abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu ngabo z’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye, kwihutira kwiyandikisha ku biro by’uturere babarurirwamo guhera taliki ya 17 kugeza kuya 22 Kanama 2018.

Ku bindi bisobanuro, mwasoma iri tangazo ryasohowe n’Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda, cyangwa mugasura urubuga rwa internet rwa RDF ari rwo: www.mod.gov.rw.

Itangazo rya RDF.

 

Twitter
WhatsApp
FbMessenger