AmakuruImyidagaduro

Nguyu umwana uhiga abandi ku isi mu buranga-Amafoto

Abana b’abakobwa 3 b’abanya Nigeria bakomeje kuvugisha abantu benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga kubera uburanga butangaje bafite, aho abenshi babafata nk’abana ba mbere beza ku isi.

Ubwo amafoto y’aba bana yageraga ku mbuga nkoranyambaga, Mu minsi mike Joba, Jomiloju na Jare(amazina y’aba bana) bo muri Nigeria bahise bigarurira imitima y’ama miliyoni y’abafana ku isi.

Jare w’imyaka 4 ari na we muto muri bo ni we ukomeje kwigarurira abakoresha imbuga nkoranyambaga badatinya kuvuga ko ari we uhiga bose mu buranga, bitewe n’imico ye iciye bugufi igaragara ku mafoto ye.

Jare uhiga abana bose bo ku isi mu buranga.

  

Twitter
WhatsApp
FbMessenger