AmakuruUtuntu Nutundi

Dore impamvu abagabo babuzwa gukoresha intoki mu gihe cyo gutera akabariro

Ubundi gukoresha intoki mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina n’umugore wa si byiza nk’uko ibikubiye muri iyi nkuru twabateguriye bibigaragaza.

Gutera akabariro hagati y’abashakanye ni urukundo ruba rwigaragaza cyane.Ese ni iyihe mpamvu ituma biba bibi gukoresha intoki ?

Hari ababo bamwe bakora amakosa yo gukora ku myanya y’ibanga yabo bashakanye nintoki bagashaka ko batera akabariro n’intoki Kandi nyamara ari bibi cyane.Mu gihe bikozwe bigira ingaruka zitarinke kuri bombi.

Dushingiye kunkuru yanditswe na webMD hari impamvu atari byiza.

Ntabwo ari byiza kurongora umugore wawe ukoresheje intoki kuko hari umwanda ukuriho ugiye kumujyamo.Ahari wifitemo Mikorobe arizo kuntoki zawe kndi ziramujyaho.

Uretse ibi kandi umwe murimwe aranduza mugenzi we , SIDA , bagiteriya, n’izindi.

Mu myanya y’ibanga y’umugore ni ahantu umuntu atakwizera ko hafite isuku cyane rero gukozamo intoki bishobora gutuma uzamura udukoko twose ugakwirakwiza n’imyanda mu gitsina cye.

Gukoresha intoki , ntabwo ari uburyo bwiza bwo kumwerekako umukunda.Buri mugore afite itandukaniro na mugenzi we menye ko ukwiriye kwirinda ibi bintu kuko ibyakoze kuri mugenzi wawe , wowe bishobora kutaguhira.Ni ingenzi kuganira nawe ndetse ukamwubaha.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger