Umuhanzi ukomeye muri Amerika yarashwe arapfa
Nipsey Hussle uri mu baraperi bakomeye muri Amerika, yarasiwe n’abantu bataramenyekana imbere y’iduka rye riri i Los Angeles ahita apfa.
Read MoreAmakuru areba imyidagaduro mu gezwaho na Teradig News.
Nipsey Hussle uri mu baraperi bakomeye muri Amerika, yarasiwe n’abantu bataramenyekana imbere y’iduka rye riri i Los Angeles ahita apfa.
Read MoreSalax Awards ibihembo byamenyekanye mu myaka yatambutse mu ruganda rw’imyidagaduro hano mu Rwanda ariko biza gusa n’ibicitse intege birahagarara. Nyuma
Read MoreDiamond Platnumz ukunzwe cyane muri Afurika yateguje abakunzi ba muzika ko agiye gukorera igitaramo mu Rwanda mu mpeshyi y’uyu mwaka.
Read MoreUmuhanzi Weasal wo mu itsinda rya Good Lyfe afatanyije n’abanyarwenya batandukanye bo muri Uganda, basendereje ibyishimo abo mu Mujyi wa
Read MoreMu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 29 Werurwe 2019 mu mujyi wa Kigali habereye igitaramo cya Silent Disco
Read MoreMu iserukiramuco ry’urwenya riri kubera mu Rwanda ryiswe SekaFest, Abanyarwenya bakizamuka bahawe umwanya wo kugaragaza impano zabo muri iri serukiramuco
Read MoreUmuhanzikazi Teta Diana yafatanyije n’umufaransa Medyh Custos ndetse n’umucuranzikazi wa saxophone Stella maze basusurukije abari bitabiriye igitaramo cya Kigali Jazz
Read MoreDouglas Mayanja wamamaye mu muziki by’umwihariko mu itsinda rya Goodlyfe nka Weasel, yageze mu Rwanda aho byitezwe ko agomba kuririmba
Read MoreAbantu bakusanyaga inkunga yo gufasha D’Amour Selemani uzwi muri sinema nyarwanda ngo ajye kwivuriza mu buhinde Impyiko zari zaramurembeje bariye
Read MoreNyuma y’uko Minisitiri w’umuco na Siporo muri Uganda Florence Nakiwala Kiyingi avuze ko umurapei ukiri muto Fresh Kid ufite imyaka
Read More