CECAFA: Ethiopia yatsinze Kenya, iyiheza ku mwanya wa nyuma
Umukino wa CECAFA y’abari n’abategarugori wahuzaga ikipe y’igihugu ya Ethiopia n’iya Kenya, warangiye abanya Ethiopiakazi batsinze abanya Kenyakazi igitego 1-0
Read MoreIki gice cy’urubuga mugisangamo imikino yose.
Umukino wa CECAFA y’abari n’abategarugori wahuzaga ikipe y’igihugu ya Ethiopia n’iya Kenya, warangiye abanya Ethiopiakazi batsinze abanya Kenyakazi igitego 1-0
Read MoreUbwo umukino wahuzaga Rayon sports na USM Alger warangiraga kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, umutoza w’iyi kipe yo muri
Read MoreKu munsi w’ejo ku wa kabiri ku wa 24 Nyakanga 2018 ni bwo Cesc Fabregas usanzwe ukinira Chelsea yakoranye ubukwe
Read MoreKuri uyu wa kabiri, ikipe ya FC Barcelona yatangaje ko yamaze gusinyisha umunya Brazil Malcom wakiniraga Gilondin Bordeaux yo mu
Read MoreWai Yeka, Rutahizamu ukomoka muri Repubulika iharanira Demokaasi ya Congo wakiniraga Musanze FC yamaze kwerekeza muri Alliance Football Club yo
Read MoreIkipe ya Rayon Sports yabaye ikipe ya gatatu ikatishije tike ya 1/2 cy’irangiza mu mikino y’igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsinda
Read MoreIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA, ryamaze gushyira ahagaragara amazina y’abakinnyi 10 bagomba gutoranywamo uwahize abandi, gusa ntibarimo Neymar Jr
Read MorePerezida wa Turkiya Recep Tayyiy Erdogan yashimiye Mesut Ozil ku cyemezo cyo kuva mu kipe y’igihugu y’Abadage aheruka gufata, nyuma
Read MoreImyigaragambyo y’abaturage bari bigabije umuhanda yatumye agace ka 16 k’isiganwa ry’amagare rizenguruka igihugu cy’Ubufaransa gakererwa, akaba ari isiganwa ryavaga ahitwa
Read MoreKuri uyu wa kabiri, ikipe ya Rayon Sports irakira FC Marines mu mukino wa 1/4 wo kwishyura mu irushanwa ry’igikombe
Read More