AmakuruImyidagaduro

Uwahoze ari umukunzi wa Harnonize ubu ari kubarizwa mu Rwanda(Amafoto)

Umunya Australiakazi witwa Briana wahoze ari umukunzi w’umuhanzi Harmonize, nyuma y’igihe ategerejwe mu Rwanda nk’uko byari byatangajwe yarahagze aho yakiriwe n’umuhanzikazi Naka w’umunya Austaria umaze ighe mu Rwanda.

Uyu mukobwa uheruka mu rukundo na Harmonize aje mu Rwanda mu rwego rwo gusura ariko byatangajwe ko bishobotse we n’inshurti ye Naka bahagira mu rugo hakabiri ndetse bakagira n’ibikorwa bahakorera.

Naka aherutse gutangaza ko mu kiruhuko Briana azagirira mu Rwanda kizarangwa n’ibyishimo kuri we kuko arinaho azizihiriza umunsi we w’amavuko.

Nyuma y’uko Harmonize atanduknye na Briana yatangaje ko byatewe nuko bombi bananiwe kumvikana ku gihugu bagombaga guturamo.

Uyu muhanzi Yakomeje avuga ko akunda cyane igihugu cye cya Tanzania bityo akaba ariyo mpamvu yatumye atemera kujya gutura muri Australia hamwe n’umukunzi we Briana. Harmonize yongeyeho ko Briana nawe atifuzaga kuva mu gihugu cye ngo aze babane muri Tanzania.

Briana wahoze akundana na Hatmonize ari i Kigali

Twitter
WhatsApp
FbMessenger