AmakuruImikino

Umuherwe wa Chelsea w’Umurusiya yemeje ko amafaranga bazayigura azafasha impunzi za Ukraine

Umuherwe w’ikipe ya Chelsea Roman Ibramovic yahamije ibihuha byavugaga ko agiye kuva ku nshingabo zo kuba umuherwe w’iyi kipe bitewe n’intambara Uburusiya avukamo bwatangije kuri Ukraine.

Uyu muherwe yiyemereye ko amafaranga azagurishwano iyi kipe, azakoreshwa mu gufasha impunzi za Ukraine.

Abantu batandukanye, bavuga ko abaherwe batandukanye bo mu Burusiya, harimo n’uyu Roman Ibranovic, amafaranga bafite ari aya perezida Putin bityo hafi ya bose bakaba bitirirwa kuba imbata ze.

Ibi bivuze ko umuherwe Roman Ibranovic nawe ari mu bagomba kugirwaho ingaruka n’iyi ntambara bikomeye, kuko inyanja yavomagaho yororewemo ingona.

Aya mauuru atari meza ku bafana na bakunzi b’ikipe ya Chelsea yatangiye kuvugwa kuwa Gatabu tariki ya 26 Gashyabtare 2022, aho byatangazwaga ko umuyobozi mukuru akaba n’umuherwe wikipe ya chelsea akoresheje imbuga nkoranya mbaga ze yanditse asezera kuba umuyobozi wiyi ekipe ibarizwa mu kiciro cyambere hariya mu gihugu cy’ubwongereza. ( premier league)

Roman Abramovic Icyo gihe yagize ati” mumyaka irenga icumi namaze aringe ureberera ikipe nagerageje gukora ibyosho ntanga nibyo mfite kugirango ikipe narimbereye umuyobozi itere imbere ibone umusaruro uhagije nkuko zari intego zange Kandi ndakeka naragerageje kuzigeraho gusa noneho ubungubu ho reka mbe mfashe akanya ubuyobozi mbe mbuhariye umuryango wa Chelsea (Chelsea foundation)”

Ibi bigaragaye nyuma y’intambara igihugu avukamo aricyo uburusiya(Russia) gishoza kuri ikirenge(Ukraine). Umuryango wunze ubumwe bw’iburayi ugahita utegeka ko buri bikorwa byose by’igihugu cy’Uburusiya birereye iburayi kigomba gufatirwa .

Nyuma Yuko uyu muherwe Roman Abramovic bamwe mu badepite bo m’umuryango wunze ubumwe bw’iburayi basabye ko yafatirwa ibihano nawe yahisemo kuba yiheje.

Benshi batangiye kugira impungenge Yuko naramuka avuye mu ikipe ya Chelsea Kaba kabaye kuko yayisanze habi none yarayigejeje kure reka kwizereko atagiye byoguhera azajya akomeza agafasha ekipe.

Nyuma y’umuhezo yahise yishyiramo, yagarutse yemeza ko ibyo yatangaje bigomba gukorwa kandi amafaranga agafasha impunzi za Ukraine.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger