Utuntu Nutundi

Tuganire! Ese wowe uwakwishyura Miliyoni 20 ngo aguce ino wabyemera nk’uko bimeze muri Zimbabwe?dore amwe mu mafoto y’amaze kugurisha amano yabo!

Kugeza ubu nuri Zimbabwe amano y’abantu akomeje kuba igicuruzwa gikomeye ku rwego rwa zahabu na Diyama byari mu biyoboye Isi no gudhakishwa na benshi ku buryo uwabigwagaho yahitaga asezera ku bukene.

Muri Zimbabweho Ino ryabaye ino ku buryo mu mwaka utaha kuzasanga hari ufite ikirenge cyuzuyeho amano yose uko ari 5 nk’uko bisanzwe, bizaba ari igitangaza cyangwa akaba yarajuriye mu nuryango wihaye udakeneye amafaranga nkariya.

Abantu benshi bamenye aya makuru yo muri Zimbabwe, bagiye bagaragaza amaranganutima hakaba abavuga ko batabyemera abandi bati”Nababaza niba badashaka n’ikirenge nacyo bakanyishyura ayacyo”.



Ese wowe ukurikije uko uzi amano yawe, bibaye ngombwa ko bakwishyura akayabo nka kariya wakwemera ko baguca ino? Ese ubyemeye wagurisha amano angahe kuri buri kirenge?

Amakuru aragufadha kumenya byinshi kuri iki giyekerezo yasome hano hasi.

Mu gihugu cya Zimbabwe kuri ubu ikigezweho ni ukugurisha amano yo ku birenge yaba rimwe cyangwa menshi biterwa n’ubukene ufite n’umubare w’amafaranga ukeneye mu buzima bwawe kuko muri iki gihugu ino rimwe ryo ku kaguru riri kugurwa amadorali ibihumbi 20 angana na Miliyoni 20 y’amanyarwanda.

Inkuru irambuye kanda hano

Zimbabwe: Abasigaranye amano yose wababara kubera amafaranga arikwishyurwa ku ino rimwe

Twitter
WhatsApp
FbMessenger