Amakuru ashushyeIkoranabuhanga

Teradig yadabagije abashaka gutunga websites zabo bwite

Muriki gihe abantu batandukanye bifuza kuba batunga imbuga zabo bwite [Websites] mu buryo bwo kwamamaza ibyo bakora cyangwa izindi zijyanye n’itangazamakuru.

Ikigo cya TERADIG LTD cyadabagije abifuza gutunga imbuga zabo ku buryo bworoshye ndetse n’ibiciro tukaba twabikuse ishoka ku buryo buri wese wifuza gutunga website ye bimworohera akaba yabasha kuvugana n’abakiriya be cyangwa akaba yayikoresha ibindi bitandukanye.

Dore bimwe mu dukora:

  • Web Development /Web design
  • Web Hosting [aha ni ukugufasha kubika ibyo ushyira ku rubuga rwawe umunsi ku wundi]
  • Domain name registration
  • Desktop/android application

Ibi byose tubigukorera mu kanya nkako guhumbya ku buryo mu minsi mike uba ubonye serivisi wadusabye , sibyo gusa kandi kuko dukomeza gukurikirana ibyo twagukoreye ku buryo iyo hagize ikibazo kiba duhita tugufasha kugikemura mu gihe gito.

Intego nyamukuru dufite ni ugufasha abatugana kunogerwa na serivisi dutanga ndetse nabo ibyo bakora bikagera ku rundi rwego twifashishije ikoranabuhanga .

Duha agaciro umukiririya kuko ari umwami tugakora ibyo yadusabye mu buryo bunoze kandi tugashyiramo udukeregeshwa tuzatuma agira itandukaniro n’abandi bakora ibijyanye nibyo akora bigatuma agera ku rundi rwego.

Kwita ku batugana , gukorera hamwe ndetse no gusangiza ubumenyi buri wese  ubukeneye ni kimwe mu byo dushyize ku mwanya wa mbere kugira ngo abakiliya bacu bakomeze kugubwa neza no guryohereza ababagana umunsi ku wundi.

Tumaze gukorana n’ibigo bitandukanye bikomeye hano mu Rwanda ndetse no mu mahanga  ku buryo nawe kutugana bitagutera ipfunwe kuko dukora bya kinyamwuga binyuze muri serivsi inoze dutanga ndetse na ba kabuhariwe mu gukora ibyo twakubwiye dufite.

Nawe wicikanwa , uyu munsi watugana ubundi ukaryoherwa no gutunga kimwe mu byo wifuje kuva kera mu bijyanye n’ikoranabuhanga, nyarukira ku rubuga rwacu Teradig.com cyangwa utuvugishe kuri email: contact@teradig.com dusange no kumbuga nkoranyambaga dukoresha nka Facebook ube watubwira bimwe mubyo wifuza ko twagukorera.

Duhaye ikaze buri wese wifuza gukorana natwe mu buryo butandukanye kuko twifuza ko hari ahandi urwego rw’ikoranabuhanga mu Rwanda rwagera haruse aho ruri uyu munsi. Ikindi ntago dufasha abari mu Rwanda gusa, aho uri hose ku Isi turagufasha.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger