AmakuruPolitiki

Perezida Kagame yakoze impinduka zitunguranye mu Karere ka Rutsiro

Kuri uyu wa gatatu tariki 28 Kamena 2028, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasheshe inama njyanama y’akarere ka Rutsiro nyuma yo kubona ko ubuyobozi bw’akarere bwateshutse ku nshingano zabwo.

Ni itangazo ibiro bya Minisitiri w’intebe byashize hanze ririho umukono na Dr. Eduard Ngirente mu izina rya nyakubahwa Perezida Paul Kagame.

Kuri ubu Mulindwa Prosper niwe muyobozi w’agateganyo w’akarere ka Rutsiro nkuko iri tangazo rikomeza ribivuga

Twitter
WhatsApp
FbMessenger