AmakuruPolitiki

Leta ya DRcongo ikomeje gukubita agatoki ku Kandi iharabika ingabo z’u Rwanda

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yadhyize hanze itangazo kuwa 15 Gashyantare 2024 ryihanganisha imiryango y’abasirikare babiri b’Afurika yepfo barashwe n’umutwe wa M23 mu rugamba bahanganyemo.

Itangazo rishinja igisirikare cy’u Rwanda kuba aricyo cyarashe abo basirikare babiri.

Guverinoma ya Congo yatangaje ibi mu gihe nta kimenyetso na kimwe yerekanye gishimangira ibyo bavuga,i bi bikaba bikomeje kugaragaza umugambi mubisha w’iyi guverinoma ugamije guharabika igisirikare cy’u Rwanda.

Nk’uko bigaragara guverinoma ya Congo iragira urwitwazo ingabo z’u Rwanda mu gusobanura uburyo batsindwa mu rugamba rwo guhangana n’umutwe wa M23.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger