Umuziki

Iki gice mugisangamo ibijyanye na muzika.

AmakuruImyidagaduroUmuziki

Fally Ipupa yasubitse igitaramo yagombaga gukorera mu Rwanda

Kuri uyu wa 30 Ukuboza 2019 umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Lumba, Fally Ipupa yatangaje ko asubitse ibitaramo yagombaga gukorera

Read More
AmakuruImyidagaduroUmuziki

Umuhanzi Davido yatawe muri yombi azira gusogota umuntu

Amakuru yamaze kujya ahagaragara aravuga ko umuhanzi Davido ukomoka mu gihugu cya Nigeria, yatawe muri yombi nyuma yo gusogota umuntu

Read More
AmakuruImyidagaduroUmuziki

The Mane yiyemeje gukorera abanyeshuri baje mu biruhuko indirimbo ku giciro gito

Mu gihe tugeze mu biruhuko by’abanyeshuri, ubuyobozi bw’inzu  itunganya umuziki hano mu Rwanda ‘The Mane’ bwatangaje ko studio yayo yagabanyije

Read More
AmakuruUmuziki

Diamond yavuze ku nzangano zikomeje kuvugwa hagati ye na Ali Kiba

Umuhanzi Diamond Platnumz yahakanye amakuru avuga ko afitanye inzigo na mugenzi we Ali Kiba, avuga ko nta kibi amufitiye uretse

Read More
AmakuruImyidagaduroUmuziki

Harmonize yemeye guha Diamond indishyi y’agera kuri 200,000,000Rwf

Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uzwi cyane nka Harmonize, yemeye gutanga miliyoni 500 z’amashiringi ya Tanzania (asaga miliyoni 194 z’Amanyarwanda) ayaha

Read More
ImyidagaduroUmuziki

Abahanzi babarizwa muri ‘The Mane’ basohoye ku nshuro ya mbere indirimbo bahuriyemo bose

Itsinda ry’abahanzi babarizwa muri ‘Label’ ya ‘The Mane’ record aribo Queen Cha, Calvin Mbanda, Marina Deborah, Safi Madiba n’umuraperi Jay

Read More
ImyidagaduroUmuziki

Nsengiyumva Francois (Gisupusupu) yashyize indirimbo ye nshyashya hanze

Umuhanzi umaze igihe gito yamamaye mu Rwanda mu kuririmba injyana gakondo akoresheje umuduri ‘Nsengiyumva Francois’ wamamariye ku izina rya ‘Gisupusupu’

Read More
AmakuruImyidagaduroUmuziki

Mwene Diamond na Tanasha yavutse ku munsi se yavukiyeho

Kera kabaye Diamond Plarnumz na Tanasha Donna bibarutse imfura yabo y’umuhungu, nk’uko byemejwe n’umuhanzi Diamond Platnumz. Ni nyuma y’uko muri

Read More
AmakuruImyidagaduroUmuziki

Hamenyekanye abahanzi bazafatanya na Meddy na NE-YO mu gitaramo cyo Kwita Izina

Charly na Nina, Riderman na Bruce Melody ni bo bahanzi babanyarwanda bazafatanya na Meddy na NE-YO wo muri Leta zunze

Read More
AmakuruImyidagaduroUmuziki

Meddy hari icyifuzo yatanze kubajyanama ba Nsengiyumva Igisupusupu

`Ngabo Medard , umuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki we muri Leta zunze ubumwe za Amerika , yasabye ababishinjwe ko vuba bamuhuza

Read More
Twitter
WhatsApp
FbMessenger