Perezida Kagame yashimiye Louise Mushikiwabo wari umaze hafi imyaka 10 muri Guverinoma
Perezida Kagame uku gushima abayobozi basimbuwe muri guverinoma nshya yabigarutseho ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya muri Guverinoma, nyuma yo kuyivugurura.
Read More