AmakuruUtuntu Nutundi

Umusore twahoze dukundana amereye nabi ngo nongere muhe kandi mfite undi mugabo! Ngo ninkomeza kubyanga azanfata ku ngufu! Nkore iki?

Murahoze neza bavandimwe? Nitwa Aisha ntuye mu karere ka Gasabo, mfite ikibazo cy’unusore twahoze dukundana tugasangira ubuzima bwacu bwose ariko nyuma yaho bikaza kurangira nshatse undi mugabo kugeza ubu tumaze kubyarana abana batatu.

Kuva nashakana n’umugabo wanjye nkunda cyane, uyu nusore twahoze dukundana ntiyigeze yakira kugenda kwanjye kuko yakomeje kuzajya anyoherereza ubutumwa butyohereye anyita Cher, chch, sweet n’andi menshi y’urujundo.

Akomeza kumbwira ko kuva yabaho nta w’undi mukobwa barakorana imibonano mpuzabitsina uryoshye nka nkanjye, ngo kuko nabimukoreraga neza cyane. Cyakoze icyo nanjye nibuka n’uko igihe twabaga twabikoze , yambwiraga ko yaraye asinziriye bidasanzwe ndetse ko yumva yaruhutse unubiri wose.

Amagambo akomeza kumbwira rimwe na rimwe atuma.ndara ntasinziriye kuko akunda kunyibutsa ibihe twagiranye nkumva bintesheje umutwe neza neza.

Ntababeshye nashatse umugabo turikumwe magingo aya bitewe nuko yanterese nkabona ari umusore afite gahunda kandi ufite amafaranga, bituma mukunda mwemerera no kuba umugore we kuko nabonaga ubuzima bukenewe abufite.

Uyu musore twahoze dukundana akenshi ansaba kumusura mu nzu acumbitsemo giherereye Kimironko kugira ngo twiyibutse ibihe twahoze tugirana, rimwe nagezaho numva icyo ansaba ndamusura agerageje ko turyamana ndabyanga biramubabaza cyane.

Iryo joro yanyandikiye sms ambwira ko yumva yarandarikiye cyane kandi ko ninkomeza kumwima bizarangira amafashe ku ngufu aho tuzahurira hose ngo kuko naramuruoheye cyane.

My byukuri nanjye naranukundaga cyane sinzi ko namara ikwezi ntamusuye kuko nari naramenyeye kujya kumusura kandi iyo mubonye cyangwa tukicarana turikuganira numva nishimye cyane, ari nayo mpamvu numva ko umunsi umwe nzasubira kumusura akamfatira muri geto (ghetto) ye.

Nkurikije ikintu asigaye akunda kumpamagara no kunyoherereza ubutumwa anyita amazina y’urukundo yanyitaga kera, nsigaye mfite ubwoba bw’uko papa w’abana banjye azageraho akabivumbura bikarangira rusenyutse.

Nkurikije ibirikumbaho ndagira ngo mumfashe mungire inama kuko njye ubwanjye byananiye kandi bikomeje gufata indi ntera murakoze kandi muri incuti nziza Imana ikomeze ibahe umugisha murakoze ni Aisha.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger