AmakuruUtuntu Nutundi

Umukobwa wimyaka 13 yirukanwe iwabo azira ko yakuyemo inda inshuro eshatu zose

Umwana w’umukobwa utatangarijwe amazina uvuga ko yatangiye gusambanywa na se afite imyaka 11.

Ibi yabitangarije urukiko rwo muri Kenya avuga bamuhatiye kuzikuramo ubwo yabibwiraga ababyeyi bé bamukubise cyane yagize ati”mama yakoraga muri hôtel agataha agataha atinze rimwe na rimwe akararayo ibyo nibwo se yabikoraga.

Igihe cyose uyu mugabo yabazwaga niba aribyo yarabihakanaga uyu mwana yirukanwe murugo kubera gutanga ubuhamya mu rukiko

Yanditswe na Uwimbabazi Sarah

Twitter
WhatsApp
FbMessenger