AmakuruImikino

Reba imishahara y’abatoza bo mu Rwanda uwa APRFC arabanza akanikurikira

Umutoza wa APR FC uziw ku izina rya Adil Mohamed Erradi niwe uri imbere y’abandi bose mu guhembwa agatubutse, aho kugeza ubu umushahara we ukubye inshuro eshatu uw’unukurikira.

Ubushakashatsi bwakozwe na Radio Royal FM ku mishahara y’Abatoza bo muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda,yagaragaje ko umutoza wa APR FC,Adil Mohamed Erradi ahembwa akayabo gakubye 3 umukurikira.

Adil uhembwa Miliyoni 18 niwe uhiga abandi ndetse uyu mushahara akomeje kugaragza ko awukwiriye kuko amaze gutwara shampiyona 2 zikurikiranya adatsinzwe.Umutoza uhembwa make ahembwa ibihumbi 800.

Dore urutonde rw’uko bakurikirana

Twitter
WhatsApp
FbMessenger