AmakuruPolitiki

Polisi y’u Rwanda yafunguriye amarembo abifuza kuyinjiramo

Polisi y’u Rwanda iramenyesha abantu bose bifuza kwingira muri Polisi, ku rwego rw’aba ofisive bato (Cadet course) no ku rwego rw’abapolisi bato (Basic Police course) ko bazatangira kwiyandikisha ku cylcaro cya Polisi mu karere (DPU) batuyemo guhera tariki ya 22/12/2022 kugeza tariki 23/01/2023, kuva saa 08h00-17h00, mu minsi yakazi.

Ababyifuza bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:

Ku rwego rwa ofisiye:

1. Kuba ari umunyarwanda

2. Kuba afite imyaka ini hagati ya 18 na 25

3. Kuba ari ingaragu

4. Kuba afite impamyabumeny y’icylcro cya kabiri cya kaminuza (AO) cg afite icyiciro cya mbere cya kaminuza mu mashuri yimyuga n’ubumenyingiro (A1IPRC)

5. Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire

6. Kuba atarigeze yirukanwa mu mirimo ya leta

7. Kuba afite ubuzima buzira umuze

8. Kuba atarigeze akatirwa n’inkiko igifungo kirengėje amezi atandatu 9. Kuba viteguye gukorera aho ariho hose mu gihugu.

II. Ku rwego rw’abapolisi bato:

1. Kuba ari umunyarwanda

2. Kuba afite imyaka iri hagati ya 18 na 25

3. Kuba ari ingaragu

4. Kube afite impamyabumenyi y’amashuri visumbuye (A2) 5. Kube ari indakemwa mu mico no mu myifatire

6. Kuba afite ubuzima buzira umuze

7. Kuba atarigeze akatirwa n’inkiko igifungo kirengeje amezi atandatu

8. Kuba atarigeze yirukanwa mu mirimo ya leta 9. Kuba yiteguye gukorera aho ariho hose mu gihugu.

Yakomeje ivuga ko abujuje ibisabwa bagomba kwitwaza forumirere yujujwe neza iniho ifoto ngufi (photo passport), iboneka ku rubuga rwa Polisi (www.police.gov.rw). Fotokopi y’indang amuntu, fotokopi y’impamyabumenyi nicyemezo kigaragaza ko ari ingaragu,

Twitter
WhatsApp
FbMessenger