Imyidagaduro

Iyumvire uburaya bubera mu mujyi wa Kigali ahazwi nka Koridoro (Giporoso)

Ubuzima bw’agace ka Koridoro ya Giporoso, burangwa n’umubare munini w’indaya zihaba mu ijoro, imikino y’amahirwe yararuye benshi, ubusinzi buhinguranya ijoro ndetse n’urugomo rwa hato na hato. Haratinyitse ariko hanateye amatsiko.

Aha ni hafi neza neza n’ikibuga cy’indege, iyo uhageze uhasanga urusaku rukabije, umwotsi ndetse n’ubusinzi bukabije , iyo uhageze, biba bigoye kugenda metero ijana utari wahura n’umusinzi cyangwa se umuntu utari kunwa itabi.

Nkuko tubikesha KT Radio, biba biteye ubwoba kuhagera ari nijoro nkuko Genti Gedeo na Sesonga bakora ikiganiro Inyanja twogamo kuri KT Radio bahageze ari nijoro.

Iyo ugiye gushaka icumbi  hano muri Koridoro uhita usezeranwa icumbi ndetse n’umukobwa wo kukuraza ndetse n’agakingirizo bakakaguha. Iyo utaryohereje inkumi nkuko abahatuye babivuga ntabwo akugarurizwa.

Kurikira hano uko biba byifashe muri korodori

Twitter
WhatsApp
FbMessenger