AmakuruUtuntu Nutundi

Ese abagore babyibushye nabo batera akabariro neza nk’abananutse? Dore pozisiyo nziza zatuma unezeza umugore wa we ubyibushye

Hari benshi bibaza niba abagore babyibushye batagorana mu gihe cyo gitera akabariro, ibi byose biterwa n’uburyo umugabo we abikoramo kuko ariwe umuhereza umwanya mwiza wo kunezerwa.

Ni byiza rero ko mu gihe mukoranye imibonanompuzabitsina n’umugore wawe ugerageza uburyo bwose ukitwara neza, ukabasha kumushimisha no kuba igisubizo ku byifuzo bye.

Nkuko rero bigaragwa neza n’inzobere mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, ngo hari uburyo bwiza kandi bwakorohereza umugabo gutera akabariro n’umugore we abyibushye ntibimubuze kumugerera ku ngingo amwifuzaho.

Dore ubwo buryo wakoresha kugirango uryohereze umuntu ubyibushye mu gihe cyo gutera akabariro:

Muhagarike

Nibyiza rero ko umuntu ubyibushye mu gihe muri gutera akabariro umuhagarika ku buriri mu buryo bumworohereza gutandukanya amaguru ku buryo bworoshye. Ngo nubwo benshi batabikunda, nibyo bizagufasha kumuryohereza.

Muterure akaguru kamwe

Abahanga babyita Side Wind, ubu ni uburyo uzakora uteruye akaguru ke kamwe, akandi kari ku buriri, ibi bizatuma ubasha kumujyamo wese, ndetse nawe azarushaho kuryoherwa.

Gutera akabariro uturutse inyuma

Ubu ni uburyo uryamisha umugore ku gitanda areba imbere hanyuma ukamuhera inyuma, ibi bizafasha umugongo w’umugore kuruhuka neza.

Muterure/Mukikire

Ubu ni uburyo bukorwa umuteruye akureba, umugabo aba ameze nkugaramye, noneho umugore akagufata mu nda.

Ngayo nguko rero utazavuga ngo kubyihuba k’umugore wawe kumubuza ko umugeza ku byishimo agukeneraho.

Kumenyesha

Uramutse ukeneye kumenyekanisha ibikorwa byawe (kwamamaza) cyangwa gutanga itangazo runaka uhawe ikaze kuri Teradignews.rw.
Hamagara 0780341462 / 0784581663 // Whatsapp 0784581663 / 0789 564 452

Twitter
WhatsApp
FbMessenger