Utuntu Nutundi

Dore uko wafasha umugore wawe kurangiza incuro nyinshi yikurikiranya bimwe mu bizatuma agufata nk’amata y’abashyitsi

Ubundi gutera akabariro n’umugore wawe akarangiza ni kimwe mu bituma arushaho kunezerwa igihe cyose muri kumwe haba mu buzima busanzwe cyangwa mu gikorwa.

Iki ni ikibazo kibazwa na benshi mu bagabo dore ko ari naryo zingiro ry’ibyishimo hagati y’abashakanye n’urukundo rutagira akagero iyo umugabo abashije gusohoza izi nshingano mu buryo burambye.

Dore bimwe ugomba kubanza gusobanukirwa:

Bitandukanye n’abagabo, umugore ashobora kugera ku byishimo bya nyuma incuro irenze imwe nta guhagarara. Ashobora kurangiriza mu gits1na cyangwa kurangiriza kuri rug0ngo.

Ntukwiye guhatiriza cyangwa gukoresha ibibaraga byinshi kugirango umugore agere ku byishimo bya nyuma. Fata umwanya wawe ureke guhubagurika uko ugenda umara umwanya ibyishimo bye bizagenda bizamuka kugeza ageze ku ndunduro.

Ikuremo ko uko wabikoreraga uwo mwahoranye akaryoherwa ariko uzabikorera undi na we akaryoherwa ahubwo mwige umenye ikimushimisha kuko abantu baratandukanye.



Menya ko umugore kugirango aryoherwe agomba kuba akwiyumvamo kandi akwishimiye. Ikindi fata umwanya munini wo kumutegura kuruta uw’igikorwa nyirizina.

Uko wafasha umugore kurang1za inshuro nyinshi adahagaze

Nyuma yo kugira ubumenyi bwibanze reka noneho tujye ku ngingo nyamukuru. Niba wifuza kuba indashyikirwa mu kabariro no guhora wirahirwa n’umugore wawe ugomba kumenya gukoresha ibice byose umugore akoresha mu gutera akabariro. Harimo ibyo kumutegura ndetse n’igits1na cye.

Reka twibande ku gits1na:

Igits1na cy’umugore kigira ibice 3 by’ingenzi: Rug0ngo, akadomo ka G n’igits1na nyirizina.

Ibi bice uko ari bitatu ugomba kubyitaho igihe utera akabariro kandi ukajya uhinduranya uko ubikozaho icyawe bitewe n’uko ubona umugore ari kubyakira. Nukora hamwe ukabona nta mpinduka hindura ukoze ahandi. Mu gihe ubonye yitabiriye geregeza kuhamara akanya.

Ikitonderwa: Ibi byose ubikora gahoro gahoro ukagenda wongera umuvuduko bitewe n’uko ubona bikenewe.

Ushobora kwibaza uti nabwirwa n’iki ko umugore wange arimo kurangiza?

Ubusanzwe umugabo cyangwa umugore arangiza mu gihe ageze ku byishimo byo hejuru igihe ari mu gikorwa cyo gutera akabariro.

Nk’uko bizwi neza ko igitsina cy’umugabo cyafashe umurego iyo gisohoye aribwo tuvuga ko arangije, umugore we ubibwirwa n’uko Rug1ngo ye isa n’isubiyeyo uburumbarare bwayo bukagabanyuka.

Mu gihe cy’akabariro, iyi Critoris iba yahagurutse nk’uko igitsinagabo bikibaho noneho mu myanya y’imbere y’igitsina ikikanyaga maze umugore akumva utuntu tumuzamutsemo.

Ako kanya umutima uhita utera n’amaraso agatembera cyane imitsi igasa n’ibyimbye bitewe na bya byishimo bidasanzwe byo hejuru.

Ibi kandi si ibintu bidasanzwe kuko umubiri w’umugore uvubura imisemburo witwa endorphine ukaba n’ubusanzwe utera ibyishimo by’umubiri no mu buzima bwa buri munsi.

Ibyo bigafatwa nka nyirabayazana yo kuzana amazi rimwe na rimwe ibi byishimo bikaba byakurikirwa no gutera akaruru ku bagore bamwe ,kurira, ku niha,kunosha uwo bakorana imibonano…..

Nababwira iki rero. Ntukwiye kugawa cyangwa gusenya kubera ubumenyi buke.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger