Author: Redemptus Hirwa

AmakuruImyidagaduro

Umuhanzi Dodian mu mwaka umwe umaze gukora indirimbo 6 ngo abakunzi bu muziki bamwitege

Umuhanzi ukiri muto witwa Ngarukiyintwari Jean de dieu uzwi ku izina rya Dodian ngo nubwo kwinjira neza mu muziki byamugoye dore

Read More
AmakuruAmakuru ashushyeImyidagaduro

Producer Fayzo n’umufasha we bakiriye inkuru nziza

Tuyishime Faycal Hassan tuzi ku izina rya Producer Fayzo umaze kubaka izina mu Rwanda kubera  umwuga akora wo gutunganya amashusho

Read More
AmakuruImyidagaduro

Coke Studio yaguze indirimbo 10 za Radio na Weasel, zizasubirwamo n’ibindi byamamare

Mu Ntagiriro z’umwaka wa 2018 ni bwo humvikanye inkuru y’incamugongo ivuga ko umuhanzi Mowzey Radio yamaze gushiramo umwuka nyuma y’uko

Read More
AmakuruAmakuru ashushyeImyidagaduro

Miss Supranational: Djazila uzahagararira u Rwanda ntiyarangije Kaminuza yakagombye kuba ari mu y’isumbuye

Munyaneza Djazila uherutse kwegukana igihembo cy’umunyamideri wa mbere mu Rwanda muri Made in Rwanda Awards ndetse bidatinze  akaza no gutangazwa

Read More
AmakuruPolitiki

Jackie Wolfson ushinjwa gufasha Bobi Wine mu bikorwa bye bya Politiki yabiteye umugongo

Jackie Wolfson,umuyobozi w’ikigo gikomeye gifasha abana baba ku muhanda mu gihugu cya Uganda cyitwa Shule Foundation mu minsi ishize ni

Read More
AmakuruImikino

Ku myaka 51 Perezida wa Liberia George Weah yongeye gukinira ikipe y’igihugu

Perezida wa Liberia George Weah ku myaka 51 y’amavuko yongeye kugaragara mu ikipe y’igihugu ya Liberia ndetse ari na kapiteni

Read More
AmakuruImyidagaduro

Nicki Minaj yashimiye cyane Cardi B kuba bararwanye ngo kuko byamwinjirije

Mu cyumweru gishize ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye ndetse no mu binyamakuru ni bwo hacicikanye inkuru ivuga ko Nicki Minaj yarwanye

Read More
AmakuruAmakuru ashushyeImyidagaduro

Hadutse kutavuga rumwe hagati ya Jay C na Khalfan ku mwami w’injyana ya Hip Hop mu Rwanda

Habayeho ukutumvikana hagati y’abaraperi babiri bari mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star  ku nshuro ya 8 aho umwe

Read More
AmakuruAmakuru ashushyeImyidagaduro

Gupfukama imbere y’abantu,kwemera gutanga inkunga mu ruhame nibyo byaranze Bebe Cool mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction-AMAFOTO

Kigali Jazz Junction n’igitaramo kimaze kumenyerwa nka ngarukakwezi mu mujyi wa Kigali, dore ko ari ibitaramo bimaze imyaka itatu biba

Read More
AmakuruAmakuru ashushyeImyidagaduro

Agahinda kavanze n’amarira mu muryango wa Micheal Jackson nyuma yo kubura umubyeyi wabo

Mu masaha make ashize mu muryango wa Nyakwigendera Micheal Jackson ndetse n’inshuti zawo nibwo hatashye inkuru mbi imenyesha ko joseph

Read More
Twitter
WhatsApp
FbMessenger