AmakuruAmakuru ashushyePolitiki

Abayobozi ba Korea zombi bahuriye ku gasongero ki kirunga cya Paektu

Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un n’uwa Koreya y’epfo Moon Jae In bahuye muri iki gitondo bagirana ibiganiro kuburyo banoza  umubano wibi bihugu byombi. byari bisanzwe bitumvikana.

Abakuru b’ibihugu byombi bahuye nyuma yigihe abayobozi bibihugu byombi  bari basnzwe bahura basinyana amasezerano yo kunoza imibanire y’ibihugu, kimwe mu cyo baganiriyeho ni  ikijyanye n’intwaro za kirimbuzi Koreya ya Ruguru ikora gusa  kuru hande rwa Koreya ya Ruguru bavuga ibi bizashoboka ari uko Amerika nayo yerekanye ko ifite ubushake bwo gusenya intwaro za kirimbuzi ibitse.’

Kim Jong Un na   Moon Jae-in  bahuriye  ku gasongero k’ikirunga Paektu cyo muri Koreya ya ruguru  gifatwa nk’ikimenyetso cy’ubudahangarwa bw’umuryango wa ba ‘Kim’ , iki  kirunga bahuriyeho kigabanya Koreya ya ruguru n’u Bushinwa.

Mu itangazo Moon Jae In na Kim Jong Un basinyeho ntihagaragaramo interuro yemeza ko intambara hagati ya Koreya zombi irangiye.

Aba bakuru ba Koreya zombi baherukaga guhura ubwo Kim Jong Un yahuriraga na Moon Jae In ku mupaka uhuza ibihugu byombi mu karere karangwamo ibikorwa bya gisirikare

Uyu iki kirunga bahuriye  bivugwa ko ari Dangun yavukiye  , umwe  bivugwa ko  ari we washinze Koreya ya mbere cyangwa ubwami bwa Koreya nk’uko amateka ya Koreya abivuga.

Kim Il Sung washyinze Koreya ya Ruguru nawe bivugwa ko se ariho yavukiye  ndetse ngo ni umwe mu misozi Koreya yifabafashije mu kurwana na Abayapani.

Aba bakuru b’ibihugu byombi barangije bitabira imyirekano yahuriyemo abantu 100,000 biyerekana

Iki  kirunga bahuriyeho kigabanya Koreya ya ruguru n’u Bushinwa.
Twitter
WhatsApp
FbMessenger