AmakuruAmakuru ashushyeImyidagaduro

Miss Bum Bum 2016 wa Brazil yahishuye ko Cristiano Ronaldo yamukoreye amabara nyuma yo guhagarika urukundo rwabo

Erika Canela w’imyaka 26 watorewe kuba umukobwa wa ufite ikibuno cyiza mu mwaka wa 2016 (’Miss Bum Bum 2016) kuri ubu yahishuye ko yatutswe ndetse yandagazwa na Cristiano Ronaldo nyuma yo gufata icyemezo cyo gutandukana nawe bamaze amezi abiri bakundana.

Ibi uyu mukobwa akaba yabitangarije ikinyamakuru The Sun aho yavuze ko yabwiwe amagambo mabi n’uyu rutahizamu wa Real Madrid ubwo yafataga umwanzuro wo guhagarika urukundo hagati ye nawe.

Uyu mukobwa wakomeje avuga ko yakiriye ubutumwa buturutse kuri Cristiano Ronaldo bumwita indaya ndetse bumubwira ko azangiza ubuzima bwe gusa we yirinda kwemeza ko ari we wabwohereje.

Erika canela yakundanye na Cristiano Ronaldo amezi 2 gusa

Canela wakomeje avuga kandi ko akimara kwakira ubu butumwa yagize ubwoba bwinshi ndetse ananirwa no kurya aho yifashishije umwunganira mu mategeko kugira ngo bajyane mu nkiko Ronaldo kubera ubu butumwa bw’iterabwoba yamwoherereje gusa biba ibyubusa.

Erika Canela nyuma yo kumenya ko cristiano afite undi mukunzi yavanyemo ake karenge hakiri kare

Uyu mukobwa wavuze ko yatunguwe na nyuma yaho kwakira telefoni ya Cristiano Ronaldo ubwo yari iwabo muri Brazil gusa we kuko yari yarahisemo gutandukana nawe nyuma yo kumenya ko afite undi mukobwa bakundana nubwo we yari amaze amezi 2 aryamana na Ronaldo mu mugi wa Lisbon muri Portugal.

Canela nababwira ko yakoze amateka yo kuba umwirabura wa mbere utorewe kuba Miss Bum Bum dore ko inshuro nyinshi iri Kamba ryakunze guhabwa abazungu.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger