Skip to content
Latest:
  • Papa Francis yasesekaye i Kinshasa(Amafoto)
  • Ibyavuye mu nama y’abaminisitiri yateranye ku nshuro ya mbere muri 2023
  • DRC:Podium Papa yarazatambukirizaho Misa yaguye atarayikandagizaho ikirenge(Amafoto)
  • Mukurarinda yateguje abantu ikintu gikomeye mu gihe Indege ya DRC ihanuwe ubutaha
  • Ihere ijisho uburanga bwa Maria Luisa Varela wo muri Philipine wegukanye ikamba rya Miss Planet International
Teradig News

Teradig News

Amakuru anyuranye ku rubyiruko mu Rwanda | Politiki | Imyidagaduro | Umuco

  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Uburezi
    • Ubuzima
    • Umuco
    • Ikoranabuhanga
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Imikino
    • CECAFA Kagame Cup 2019
  • Amatangazo
  • TV
Amakuru Utuntu Nutundi 

Isabella na Gabriella, impanga zavutse zidasa ku ruhu, zatangaje benshi.

29/11/201729/11/2017 Muhoza

Isabella na Gabriella ni abana bavutse ari impanga, bamaze kwamamara ku mbuga nkoranyambaga kubera ko ibara ry’impu zabo atari rimwe, umwe ni umwirabura undi akaba umuzungu.

Aba bana bamaze kugira amezi arindwi bageze ku isi, bamaze kuba ibyamamare ku mbuga nkoranyambaga, aho usanga abantu babatangarira kuba baravutse ari impanga ariko bakavuka badasa na gato ku ibara ry’uruhu ndetse n’ibara ry’amaso yabo.

Gabriella na Isabella bavukiye muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu kwezi kwa kane uyu mwaka, bavuka ku babyeyi b’abanyamerika ariko bafite inkomoko ku mugabane wa Afurika.

Nyina w’aba bana witwa Clementina Shipley, yatangarije igitangazamakuru cyo muri Amerika yuko abana be bakuriye mu ngobyi za nyababyeyi ebyiri zitandukanye, akaba ari yo mpamvu ngo baje batandukanyije ibara ry’uruhu.

Inararibonye mu buvuzi zo mu Bwongereza, zatangaje ko ibi bidakunze kubaho ko impanga zivuka zidasa ku ruhu, ngo amahirwe yuko byaba angana na 1/500.

Ku rubuga rwa Instagram rwakorewe aba bana, rwitwa  “Little Strong Girls”,  Gabriella n’impanga ye Isabella, bamaze gukurikirwa n’abantu barenga 32.000, bose batangarira ubudasa bwabo dore ko bitoroshye kwemera ko aba bana bavukana koko.

Aya ni amwe mu mafoto ya Gabriella na Isabella, impanga zavutse zidasa ku ruhu.

Source: sudouest.fr

 

 

Comments

comments

  • ← Ibaruwa umuhanzi wo mu Rwanda yanditse ahamya ko agiye gusimbura Safi
  • Bruce Melody ntakibarizwa mu Rwanda, ubu yibereye i Buraya →

Shakisha inkuru

Karibu kuri Facebook

Teradig News

Imikino

APR FC yavuze ku byo ishinjwa byo gutiza abakinnyi bayo Marine FC gusa ngo itamanuka
Amakuru Imikino 

APR FC yavuze ku byo ishinjwa byo gutiza abakinnyi bayo Marine FC gusa ngo itamanuka

11/01/2023 Kwizera Robby

Hari amakuru avuga ko ikipe ya APR FC itiza abakinnyi bayo ikipe ya Marine FC gusa kugira ngo itamanuka mu

Cristiano Ronaldo yatumye hari amwe mu mahane ya Arabia Saoudite ahinduka
Amakuru Imikino 

Cristiano Ronaldo yatumye hari amwe mu mahane ya Arabia Saoudite ahinduka

06/01/2023 Kwizera Robby
Hakizimana Muhadjiri yasinyiye ikipe ikomeye mu Rwanda
Amakuru Imikino 

Hakizimana Muhadjiri yasinyiye ikipe ikomeye mu Rwanda

04/01/2023 Kwizera Robby
Cristiano Ronaldo n’umuryango we muri Arabia Saoudite baranzwe n’ushya twinshi
Amakuru Imikino 

Cristiano Ronaldo n’umuryango we muri Arabia Saoudite baranzwe n’ushya twinshi

04/01/2023 Kwizera Robby
Copyright © 2023 Teradig News. All rights reserved. Powered by Teradig LTD.