ImyidagaduroUtuntu Nutundi

Imyambarire yaranze igitaramo Davido yakoreye i Kigali-AMAFOTO

Ntabwo byari bisanzwe ko abantu bambara imyenda yo kurimba kandi nyamara imvura  yaguye ndetse hari n’imbeho ku buryo bugaragara , gusa ariko n’ubwo mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 03 Werurwe 2018 imvura yari yaguye, ntibyabujije abakobwa kurimba ubwo bari bagiye mu gitaramo Davido yakoreye i Kigali.

Ibi byagaragaye ubwo igitaramo Davido yakoreye i Kigali cyari gitangiye, abakobwa bari bambaye imyenda migufi akenshi ikunzwe kwambarwa mu bihe by’ubushyuhe, ariko n’ubwo imvura yari yaguye ntabwo byabakanze baje biyambariye iyo myenda migufi dore ko Davido yabasusurukije kakahava.

Iyi myambarire yanaranze bamwe mu bantu bazwi cyane mu myidagaduro hano mu Rwanda, umwe mubo twabashije gufotora ni Shaddy Boo uyu yari yambaye imyenda ubona ko ari migufi cyane.

Dore rero amwe mu mafoto twabashije gufotora ubwo igitaramo cyabaga.

Shaddy Boo ni uku yahisemo kuza yambaye

Shaddy Boo yari yizihiwe n’umuziki

Babyinaga neza
Bireberaga Davido
Nina ni uku yari yambaye
Uyu ni Charly
Uyu nawe yari mu muziki neza
Bamwe mu bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda 2018 bari bahawe akazi muri iki gitaramo

Umunyamakuru wa Televiziyo ikomeye cyane ya MTV Base yaganiraga n’abanya-Kigali

Shaddy Boo yari yizihiwe

 

 

 

 

 

Twitter
WhatsApp
FbMessenger