AmakuruAmakuru ashushyePolitiki

George W Bush yibasiwe n’uburwayi bukomeye !

Nyuma yigihe gito apfushije umufasha we  Barbara Bush , Perezida wa 43 wa Leta zunze ubumwe za Amerika George Walker Bush yafashwe n’indwara  ifata mu maraso ikaba ari nayo yatumye anjyanwa mu bitaro.

George Bush yanjyanywe mu bitaro bya Houston Methodist Hospital kubera uburwayi yagize ku cyumweru dusoje aho yagize ikibazo cy’umuvuduko muke w’amaraso bigatuma anjyanwa mu bitaro ikitaraganya nkuko itangazo  Jim Mc Grath umuvugizi w’umuryango wa Bush yashyize hanze ribigaragaza.

Ku myaka 93 George Bush afite ubu burwayi bwatumye bamwe batangira gutekerreza ko ubu b urwayi bushobora gutwara ubuzima bwe dore ko n’umugore we  Barbara Bush yapfuye azize uburwayi.

Kuri ubu uyu mukabwe  ari kwitabwaho bikomeye  n’abaganga . Iyi ndwara ije yiyongera ku bundi burwayi bwa Parkinson Bush yari amamaranye igihe ki nini akaba ari nabwo butuma kuri ubu agendera mu kagare kubera atagishoboye guhagarara.

Hari andi makuru avuga ko ubu burwayi W Bush yaba yabutewe  n’uburwayi bushobora gufata abantu batakaje abantu bari babafatiye runini ubuzima bwabo cyangwa kubura abo bakundaga. Ibi bikaba bije bikurikiye urupfu rw’umugore we Barbara  Bush.

 

Twitter
WhatsApp
FbMessenger