AmakuruPolitiki

Zimbabwe: Ibya Mugabe bishobora kuba bigiye kurangira, Harare yafashwe

Igisirikare cya Zimbabwe ubu nicyo kiri kugenzura Harare ariko bahakanyeko batari bahirika  ubuyobozi bwa perezida Robert Mugabe (Coup d’Etat).

Igisirikare cya Zimbabwe kuri uyu wa gatatu cyatangajeko cyahiritse ubutegetsi bwa President Robert Mugabe, umuperezida wa mbere kwisi ushaje kurusha abandi akaba numunyafurika umaze igihe kirekire kubutegetsi

Nkuko byagaragaraga mu butumwa bwari buri kuri Tweeter yishyaka riri kubutegetsi rya  Zanu PF  , ryahamagarariga urubyiruko rugize ishyaka rya Zanu PF guhaguruka bagashigikira ubuyobozi bwabo doreko banashakaga ko umugire wa Mugabe ko aba ariwe uzamusimbura kubutegetgsi , gusa ariko ntibyabashobokeye kuberako  igisirikare kiri kugenzura umujyi wa Harare cyahagaritse uru rubyiruko rwo muri Zanu PF.

Undi munyapolitike wari waratorotsed igihugu cya Zimbabwe , Emerson Mnangagwa, wsahoze ari visi perezida wa  Mugabe, ubu yamaze kugaruka mu gihugu aho yageze muri Zimbabwe muri iki gitondo. Uyu mugabo kandi afite ingufu mu gisirikare akaba yaranatangaje ko ashaka kuzahirika ubutegetgsi bw’umukambwe Robert Mugabe w’imyaka  93 yamavuko.

Nkuko byagiye bigaragara mu itangazamakuru ko Mugabe ananiwe , mu itangazo rigufi abasirikare bakuru bo muri Zimbabwe bashyize ahagaragara bagize bati:  “Ikibazo cyo mu gihugu cyacu cyafashe iyindi ntera.”. nubwo batangazako batahiritse ubutegetsi the situation in our country has moved to another level.”

“We are only targeting criminals around him who are committing crimes that are causing social and economic suffering in the country in order to bring them to justice,” said the main speaker, who was identified as Maj. Gen. S. B. Moyo, the army’s chief of staff.

Ahagana saa  6 :00 za mugitondo  abasirikare nibo bari barikugenzura Harare gusa ariko abantu bajyaga ku mirimo yabo uko bisanzwe kandi abasirikare ntawe bahagarikaga.

Mukiganiro yagiranye numunyamakuru  kuri telephone , Umuvugizi wa Leta Simon Khaya Moyo yatangajeko atazi ibyihirikwa ryubutegetsi bwa Mugabe ati:”Mvuge iki? ibyo ntabwo mbizi , ntakintu mbiziho.”

 General Chiwenga had warned that “when it comes to matters of protecting our revolution, the military will not hesitate to step in.”

General Chiwenga inshuti ya hafi ya visi perezida  Emmerson Mnangagwa wahagaritswe ku mirimo ye kubera kutumvikana na Mugabe, yatangajeko  ibafata umwanzuro wo guhirika ubutegetsi ntawuzabahagarika.

Iki kibazo cyo gushaka uzasimbura Mugabe cyatumye  abahagarariye ibihugu byabo muri Zimbabwe bibuza abantu gusohoka mu mazu yabo , aha Ambasade ya Amerika muri Zimbabwe yabujije abanyamerika bariyo gusohoka ngo bajye mu bikorwa byabo.

Ibi bije nyuma yaho  umuvujgizi wishyaka riri kubutegetsi , Kudzanayi Chipanga asabye Generali Chiwenga  nabandi bari mu gisirikare bose ko  bahawe ikaze niba bashaka kwinjira muri Politike , kandi bakanabigaragaza aho kwirirwabihisha inyuma yimbarutso y’imbunda.

Igisirikare cyahakanye ko ari Coup d’etat

https://youtu.be/DpuD18v5RHM

Twitter
WhatsApp
FbMessenger