AmakuruUtuntu Nutundi

Umugabo yishyize mu byago hejuru yo gusambanya ipusi

Umugabo ukomoka muri Afurika y’Epfo yaguwe gitumo n’umugore we ari gusambanya ipusi ye nyuma yuko hari hashize iminsi akurikiranyweho gusambanya imbwa baciririye mu rugo rwabo.

Uyu mugore yafashe umugabo we ari gukora aya marorerwa, nyuma yo kumva ipusi boroye iri kujwigira bikabije yihutira kujya kureba aho urusaku ruri guturuka ngo ayitabare, atungurwa no gusanga ari umugabo we wayihereranye ayifata ku ngufu.

Uyu mugore akimara kubona ibi, yirinze kuba yamukagura ahubwo yahise yiyambaza inzego za polisi ngo abe arizo ziza kuyimwunamuraho.

Polisi yo mu gace ka Verulam gaherereye Durban, muri Afrika y’Epfo yahise yerekeza mu rugo rw’uyu mugore isanga uyu mugabo ari kwambara ipantaro yuzuyeho ubwoya bw’iyi njangwe yasambanyaga.

Uyu mugabo uretse kuba yafashwe ari gusambanya ku ngufu ipusi, ari gushinjwa n’ibindi byaha bitandukanye birimo gusambanya ibikoko bitandukanye harimo imbwa n’andi matungo abana n’abantu.

Uyu mugabo arashinjwa gusambanya ibikoko bitandukanye
Twitter
WhatsApp
FbMessenger