Perezida Kagame yashimiye itsinda rikurikirana ibikorwa byo kurwanya ikwirakwira rya Coronavirus.
Perezidawa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame kuri iki cyumweru yasuye itsinda rishinzwe gukurikirana ibikorwa byo kurwanya coronavirus rigizwe n’abantu 400.
Read More