France : Ibikona bigiye kwifashishwa mu gusukura pariki
Ibikona byo muri pariki ya Puy du Fou mu burengerezuba bw’Ubufaransa, byigishijwe gutora ibisigazwa by’itabi rizwi nk’isegereti ndetse n’utundi ducogocogo
Read MoreIki gice mu gisangamo utuntu nutundi.
Ibikona byo muri pariki ya Puy du Fou mu burengerezuba bw’Ubufaransa, byigishijwe gutora ibisigazwa by’itabi rizwi nk’isegereti ndetse n’utundi ducogocogo
Read MoreUmukerarugendo witwa Barbara Jensen Vorster, yataye Camera ye kubera gutinya umutontomo w’intare, birangira intare ziyitwaye n’ubwo yongeye kuyishyikirizwa nyuma. Uyu
Read MoreJanice Lorraine, umukecuru w’imyaka 74 y’amavuko wo mu gihugu cya Australia, akomeje gutangaza abantu bitewe n’uko yagize umuco kubaka umubiri
Read MoreMu murenge wa Cyanika, Akarere ka Burera ho mu ntara y’Amajyaruguru haravugwa umusaza w’imyaka 84 wagize amakenga ko umugore we
Read MoreChen San-yuan umusaza w’imyaka 70 ukomoka mu gihugu cya Taiwan afungura Telefone 11 icyarimwe agamije gukina imikino(Games),ku igare rye kugirango
Read MoreUmugabo w’i Nairobi mu gihugu cya Kenya yahisemo guhungisha ubugari ubwo abandi bacuruzi barwanaga no kurokora ibicuruzwa bifite agaciro, nyuma
Read MorePolisi ya Uganda ikorera mu mujyi wa Kampala yataye muri yombi abaganga babiri bakekwaho guta mu gishanga imirambo y’abantu babiri
Read MorePerezida Rodrigo Roa Duterte, yangije imodoka zihenze cyane zirenga 60 zinjiye mu gihugu cye ku buryo bwa magendo. Ibi uyu
Read MoreMu ijoro ryakeye abantu batandukanye bo ku Isi yose babashije kubona Ubwirakabiri aho ukwezi kwahinduye isura kugatukura ibintu byamaze umwanya
Read MoreProphet Nsabimana Bosco uyobora itorero Patmos of Faith arakangurira abayoboke b’itorero rye cyane cyane abageze mu myaka yo kubaka ingo
Read More