AmakuruImikino

Abafana ba Rayon Sports bashyizwe mu rujijo n’umujyi wa Kigali

Umujyi wa Kigali wandikiye Ferwafa uyimenyesha ko igomba kwibutsa Rayon Sports gukorana na kompanyi ya Urid Technologies isanzwe yishyuza amatike kuri stade.

Abafana ba Rayon Sports bamaze iminsi bishyura amatike ku kanyenyeri ka Rayon Sports FC ariko birangiye FERWAFA isabwe ko Rayon Sports ikoresha uburyo busanzweho bwa *939#.

Rayon Sports yamaze gutangira gushishikariza abafana kugura amatike bkoresheje *702#.

Ibi byateye urujijo k’ugomba kwishyuza umukino wa Rayon Sports na Al-Hilal Benghazi uzaba kuwa Gatandatu tariki ya 30 Nzeri

Benshi baribaza uko biragendekera abantu benshi bamaze kugura amatike mu buryo Rayon Sports yari yababwiye.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger