AmakuruImyidagaduro

Umuraperi Kendrick Lamar yahindutse umuyaga ku rubyiniro bikanga benshi(Video)

Umuraperi wubatse izina rikomeye mu muziki ku Isi yose by’umwihariko muri Leta zunze ubumwe z’America wamamaye nka Kendrick Lamar yatunguranye ubwo yahindukaga umuyaga ari kurubyiniro bigatera benshi icyikango.

Kuwa 4 Kanama 2022,nibwo Kendrick Lamar yakoze ibidasanzwe ku rubyiniro ubwo ubwo yari mu bitaramo arimo byo kuzenguruka America bya “Mr.Morale&The Big steppers tour”.

Ubwo yari ku rubyiniro arimo aririmbira abari bitabiriye icyo gitaramo yatunguranye ahita aburirwa irengero ateruye n’umwana.

Abafana b’uyu muraperi bose batunguwe n’ibibereye aho cyane ko amaze iminsi atungurana cyane mu minsi ishize yari yapimiwe icyorezo cya Covid 19 ku rubyiniro nabwo abari aho bose batungurwa n’uburyo yagize amahitamo ameze gutyo.

Reba Video hano

https://www.instagram.com/reel/Cg2Mud5uQ0-/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

Twitter
WhatsApp
FbMessenger