AmakuruUtuntu Nutundi

Umugore w’umwirabura yabyaye impanga z’abazungu ashinja umugabo ikintu gisekeje

Umugore w’umwirabura wibarutse abana babiri b’impanga b’abazungu avuga ko yababyaye kubera umugabo we yanyweye amata arenze urugero

Ku bagabo benshi niba atari bose ni ibyishimo kumva umugore avuze ko atwite. Ni cyo kintu cya mbere gishimisha kurusha ibindi umugabo wese aba ategereje kumva ku mugore we.

Benshi bahita bategekereza ibyo bazamukorera, uko bazishimana… gusa kuri uyu mugabo ibintu byabaye nk’ibihindutse ubwo umugore we yabyaraga impanga. Gusa icyamubabaje cyane ni ibara ry’uruhu aba bana bavukanye kuko bavutse ari abazungu.

Ibi byabaye mu gihe ari umugabo ndetse ari n’umugore bose ari abirabura batavangiye.

Icyateye umujinya abantu ni uko uyu mugore ngo yavuze ko impamvu yabyaye abazungu ari uko umugabo we yanyweye amata menshi akarenza urugero.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger