Amakuru ashushyeImyidagaduro

Tanzania: Wa mukobwa ukekwaho kwivugana Steven Kanumba yongeye kuburanishwa

Kuri uyu wa mbere tariki ya 24 ukwakira 2017 Michael Elizabeth yitabye urukiko rw’ikirenga yiregura kubwicanyi akekwaho  kuba ariwe wishe Steven Kanumba amukubise ikintu mu mutwe doreko bari murukundo.ni urubanza rwakurikiwe na nyina wa Steven Kanumba.

Imyaka itanu yarishize Elizabeth afunguwe nyuma yaho urukiko rwari rwemejeko afungwa  kubera ibyaha akekwaho ko ari we waba yarishe icyamamare Steven Kanumba ukomoka muri Tanzania waruzwi cyane mu gukina Filime .

Muri mata  2012 nibwo urukiko rwisumbuye rwa Kisuku rwafashe umwanzuro ko uyu mukobwa wakundanaga na Steven Kanumba  afungurwa byagateganyo kuberako nta bimenyetso urukiko rwari rufite bimushinja nyuma ubushinjacyaha burajurira none magingo aya arikuburanishwa nurukiko rw’ikirenga hariya muri Tanzania.

Uyu mukobwa abajijwe uko Steven Kanumba yaba yarapfuye yagize ati:Njyewe rwose ntaho mpuriye nurupfu rwuwari umukunzi wanjye Steven Kanumba  ubwo yapfaga nari ngiye kumureba murugo kuberako nari mubwiyeko mfite  gahunda yo gusohokana ninshuti zanjye ansabako najya kumureba  ,ngeze iwe musanga mu cyumba nicara kugitanda ashatse kunyirukaho aragwa arapfa.”

Elizabeth Michael yisobanura ku byaha aregwa yumvikanye avuga ko uwari umukunzi we Kanumba  yashatse kuwivugana akoresheje umuhoro yari afashe  yagize ati: ” nageze iwe umuntu arampamagara kuri Telephone ahita avugango muca inyuma ni abagabo bampamagaye maze anyirukaho ashaka kunkubita umuhoro nanjye ndamuhunga nibwo yagwaga agapfa”.

Uyu mukobwa afite ubwiza rwose Steven ntabwo yari yari beshye

Elizabeth asanzwe ari umunyamideri 

 

 

 

Twitter
WhatsApp
FbMessenger