AmakuruPolitiki

Ku biciro bihanitse byabayeho bwa mbere mu Rwanda, dore uko ingendo hirya no hino zizajya zishyurwa

Urwego Ngenzuramikorere RURA, rwanaze gutangaza uko abakorera ingendo mu mujyi wa Kigali no mu Ntara enye z’igihugu bazajya bishyira, bikomeza kuba ibiciro bihanitse.

Ni nyuma yuko kandi rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli bibaye ibya mbere byo hejuru mu Rwanda, aho nka Lisansi yageze ku 2 303 Frw kuri Litiro.

Ibi biciro bishya byatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 03 Mata 2026, byatangiye kubahirizwa guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 04 Mata, saa kumi n’ebyiri.

Kuri aya mafoto batagaragaza uko ibiciro bigomba kubahirizwa bitarenze kuwa mbere tariki ya 6 Mata 2026.

 

 

 

 

 

 

 

Twitter
WhatsApp
FbMessenger