Gabon yabonye Perezida mushya wagize amajwi arenga 90%
Muri Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema yatsinze amatora ya Perezida wa Repubulika n’amajwi 90.35%, nk’uko byagaragaye mu mibare y’agateganyo yatangajwe
Read MoreAmakuru kuri Politiki mugezwaho na Teradig news.
Muri Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema yatsinze amatora ya Perezida wa Repubulika n’amajwi 90.35%, nk’uko byagaragaye mu mibare y’agateganyo yatangajwe
Read MoreKuri uyu wa mbere, Minisitiri w’ububanyinamahanga w’Ubufaransa Jean-Noël Barrot,yagarutse ku cyemezo cyafashwe na leta ya Algeria yo kwirukana Abadipolomate b’Abafansa
Read MoreUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yategetse ko Maj Gen James Ruheesi atabwa muri yombi. Ku wa Gatanu
Read MoreUrwego rw’Umuvunyi rwagaragaje ko ikintu kigihangayikishije ari ingengabitekerezo ya Jenoside ikigaragara mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo kandi ari yo
Read MoreUbutegetsi bwa Leta ya Kinshasa bwagaragaje ko bwifuza ko abarwanyi b’ihuriro rya AFC/M23 bava mu bice byose bagenzura mu ntara
Read MoreUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres, yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yateguwe kandi ko atari ubwicanyi ndengakamere bwahutiyeho.
Read MoreAbantu bane bo mu muryango umwe bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Mpimba i Bujumbura nyuma yo kuganira mu itsinda rya
Read MoreBwana Joseph-Stéphane Mukumadi wahoze ari Guverineri w’Intara ya Sankuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko yamaze kujya mu
Read MoreUwari umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u RwandaAlain Mukuralinda,yitabye Imana ku mugoroba wo kuri wa Kane tariki 3 Mata 2025, azize
Read MoreUmuyobozi Mukuru w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, arameza ko Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kizasenywa cyose uko cyakabaye
Read More