AmakuruUtuntu Nutundi

Nahoze ndi indaya none umugabo twashakanye numva nta cyo amarira mu buriri-Nkore iki?

Muraho neza! Muranyihanganira ntabwo byabaye ngombwa ko nivuga amazina gusa kugeza ubu nahiseno kubagisha inama kuko nzi ko abantu dutekereza bitandukanye kandi no kwihangana bikaba gutyo, niyo mpamvu nifuza ko mwangira inama mu rushako rwanjye nyuma y’uko nahoze ndi indaya.

Ubundi abanzi neza bazi ko natangiye gukora umwuga w’uburaya mfite imyaka 15-16, nibwo bwambere neruye nkazajya ndyamana n’abagabo ntarobanuye icyambere narebagaho cyari amafaranga nanjye nggatanga umubiri nk’uko narinarabyiyemeje.

Aka kazi nagakoze imyaka 11 ntasiba na rimwe ndetse narinaramenyereye kuko ku munsi nakiraga abagabo barenga batanu kuko byari umwuga kandi nkeneye amafaranga ahagije ku munsi.

Ntababeshye umugabo umwe yampaga guhera ku bihumbi 30 kuzamura cyangwa ngatanga bonus ya 15 mu gihe nishimye bitewe n’ikintu runaka cyabaye ku buzima bwanjye.

Mu bagabo nahuraga nabo harimo abandongoraga nkumva baranyemeje, rimwe na rimwe hakaza n’abatabizi gusa nkabareka bakisanzura uko bashaka kuko ntabyishimo byabo nabaga nkeneye icyambere cyari kashi (cash).

Uno nakoreraga amafaranga menshi byatumye mbaho neza nisiga amavuta ahenze ndacya, nambara iby’agaciro ndetse nigurira inzu nziza hiyongeyeho ko narimfite n’imodoka narinarahawe n’umushinwa najyaga kuraza buri joro murumva ko narinkeye ntacyo mbuze.

Bantu banjye rero, ibyo byose narimbifite ariko ntishimiye uburyo mbayeho burya biragayitse kuba abagabo bose bo mu karere bakuzi ntawe wabeshya ko udafite inkovu ku bibero. Ibi byatumye umutima ukomeza kunkomanga ntekereza kuva mu buzima nk’ubu benshi biguzaga kunsangamo ariko batazi imbaraga mpasiga.

Mu by’ukuri nubwo nasambanye n’abagabo barenga 400 niba nibuka neza, nagize ishyaba ndinda nashaka umugabo ntanduriyemo SIDA gusa nabyariyemo umwana umwe n’ubwo nawe atampriye akaza kwicwa n’impanuka ya moto afite imyaka 6.

Gutyo nababwiye ko narinkeye rero, narinateye neza cyane ku buryo abasore bandwaniraga batitaye ko ndi indaya ruharwa, abenshi muri bo bifuzaga kungira umugore bakankura mu buraya ariko nkabahakanira kuko amafaranga yari yarandaruye.

Nyima nanjye naje kwitekerezaho numva ko nakubaka nkabyarana n’umugabo umwe ngasezera uburaya burundu kuko ntacyo ntarinzi ari iyera n’iyirabura, ingufi n’indende, inini n’into zose narinzi iko zikora hiyongeyeho ko narinarajuyemo ubutunzi buhenze cyane.

Ibyo byatumye mfata umusore umwe mubansabaga ko tubana muha urukundo aranyurwa nanjye muhata care kuko nzi kuzitanga cyane asanga nta mugore wanduta by’umwihariko mu gitanda.

Nyima y’amezi 4 gusa twasezeranye mu mategeko, haciyemo ukwezi kumwe tujya imbere y’Imana dusezerana kuzabana akaramata.

Umugabo wanjye ubusanzwe ni umucuruzi ukomeye afite amafaranga peee! Akimara kungeza mu rugo yamfashe neza nsanga ntacyaruta gushaka umugabo gusa nyuma yukwezi kwa buki yatangiye gukora akazi ke nk’uko bisanzwe rimwe na rimwe asigaye ataha yananiwe ntidutere akabariro.

Nkurikije uko namenyereye kwakira abagabo burikanya, haba igihe numvise mbishaka namwegera ngasanga yasinziriye, niyo mubyukije ankorera utunota duke akananirwa aribwo natangira kuryoherwa.

Mu gitondo nabwo asigaye abyuka avugana na bakire bakorana akazinduka ntacyo ankoreye nkirirwa nabi ku buryo ngeze ku rwego rwo kuribwa mu gitsina nkumva nakwikinisha kandi mfite umugabo mwa bantu mwe!!!!!!!!

Ndagira ngo mukurikije ubuzima nanyuzemo n’uko mbayeho ubu mubihuze kugira ngo mungire inama kuko nkeneye kubaka ariko imbogamizi zo gutera akabariro zingeze jabi ndabarahiye. Murakoze!!!!!!!

Twitter
WhatsApp
FbMessenger