AmakuruImikino

Mu mafoto dore uko igikorwa cyo gutoranya abanyempano muri ruhago bazafashwa n’ikigo Tony Football Excellent program cyagenze

Ku bufatanye bwa Leta y’u Rwanda n’ikigo Tony Football Excellent Program,hitezwe ko mu myaka irimbere mu Rwanda hazaboneka umukinnyi w’umupira w’amaguru ku rwego mpuzamahanga aturutse muri iki kigo.

Nk’uko twabigarutseho mu nkuru yabanje, mu nice bitandukanye by’igihugu hatangiye gushaiishwa abana bafite impano binyuze mu bigo by’amashuri ku bufatanye n’abarezi babo kugira ngo bakoreshwe ibizamini ubitsinze akaba azakomeza mu cyiciro gikurikiyeho cyo kujyanywa mu mwiherero.

Ikigo Tony Football Excellent Program, gifite intego yo gufasha umwanya wese w’umunyarwanda ufite iyi mpano yo gukina Kugeza avuyemo umukinnyi kabuhariwe ku rwego mpuzamahanga.

Ku ikubitiro igikorwa cyo gushakisha abana bafite impano cyatangiriye mu Ntara y’Amajyaruguru, Akarere ka Musanze muri Sitade UBWOROHERANE.

Inkuru yabanje

Ikigo Tony Football Excellent program cyaje ari igisubizo ku bana bafite impano mu guconga ruhago

Amafoto akurikira aragaragaza uko abana bakoreshwe ibizamini by’umubiri bitandukanye

Buri mwana yahawe agakapu karimo n’agakombye byanditseho Tony
Izi nizo modoka zafashaga abana mu rugendo
Tony yashimiye abana babadhine kwitwara neza
Mbere yo gukoresha ibizamini babanzaga guhabwa icyo kurya kugira ngo bakore bafite imbaraga
Bimwe mu bizamini byakozwe by’ingorora ngongo
Abana bosebaribishimye ubwo bafataga icyo kurya
Bamwe mu bana babashije kwitwara neza n’abarimu babo

Mbere y’uko abana basubira Aho baturutse barashimirwaga bagahabwa umukono wo kubasezeraho
Tony afashe umupira unagaragaza igikorwa nyamukuru cyakorwaga

Itangazamakuru naryo ryari ryhasesekaye
Abana baturutse mu nice bitandukanye

Tony na bagenzi be biyeretse abana banabashishikariza kurushaho gukora cyane

Abana Bagaragahe ubuhanga bwabo bafite muguconga ruhago
Kamwe mutumashini twabafadhaga gupima umuvuduko abana bafite (speed)
Buri mwana yari yishimiye impano yahawe na Tony(Agakapu n’agakombye byose byanditseho Tony)
Bamwe mu basore n’inkumi bafashaga abana muri test no kuberekereza Ibyo bari bukore
Abana n’abarimu babo nyuma ya Test
Ikirango cya Tony

Buri mwana yagaragaje ubuhanga afite
Kamwe mu dukapu abana bahawe


📲Mwifuza kuvuugana na twe ku bw’igitekerezo runaka cyangwa se izindi serivise, duhamagare kuri:
0784581663/0780341462

Twitter
WhatsApp
FbMessenger