Mu mashusho

Iby’abayobozi no kujyana telefoni mu nama byasubiwemo

Nyuma y’aho bitahuwe ko abayobozi binjira mu nama bakamara umwanya munini bari kuri za telefoni zigezweho[smart phones] ntibabashe gukurikirana inama, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney yatangaje ko nta muyobozi uzongera kwinjira mu nama azanye telefoni.

Abayobozi bashobora guhindura uburyo batwaragamo telefoni nk’uko aya mashusho twakoze abigaragaza!!!

Twitter
WhatsApp
FbMessenger