IyobokamanaUtuntu Nutundi

Ese wakwitangira Yesu ukahasiga ubuzima?

Murusengero rumwe barimo batangira gusenga batera ama chorus abandi bikiriza murako kanya hinjira abagabo bane bampaye mask nimbunda muntoki.

Kuko urusengero rwari rufite imiryango itatu batatu bajya kumirwango umwe ajya imbere ashikuza umuririmbyi microphone ati “mwese mupfukame hasi” bagitindiganya aba ashyizemo
isasu bose barapfukama.

Arakomeza ati: “YESU muramuzi?

Bati: “yego”

Ati: “ngo yarabitangiye ariko?

Bati: “yego”

Ati: “namwe nshakako mumwitangira mukamwerekako mumukunda.”

Avanayo gerenade arayiregera iminota itatu.

Arongera ati: “uwumva atamwitangira nawe asohoke kuko hano hagiye guturika.”

Abakristo basohoka biruka bagwirirana. Hasigaramo nkicumi na Pastor basenga cyane.

Babandi bari kumiryango barafunga ubwo ya gerenade ihita iturika havamo akuka gahumura neza babakristu baratangara.

Wamugabo abwira Pastor ati: “ubu noneho ushatse watangira amateraniro kuko aba nibo bakristo ufite abandi bakubeshyaga.”

NIBA NAWE WAKWITANGIRA YESU NKUKO YAKWITANGIYE VUGA UTI AMENA MAZE UKORE SHARE

Twitter
WhatsApp
FbMessenger