AmakuruUrukundo

Dore ibintu 9 wakorera umukunzi w we bigatuma umutima we ugubwa neza

Hari gihe abantu bakundana ariko ugasanga urukundo rwabo rugenda rugwingira umunsi ku w’undi kandi bo ubwabo bazi ko ntakibazo bafitanye, mu gihe bimeze bityo rero, hari icyo wakorera umukunzi wa we akarushaho gukomeza kugubwa neza mu mutima we.

Dore ibikorwa 9 umusore n’umukobwa bakora bikabafasha kuryoshya urukundo rwabo.

1. Mu gihe uru kumwe n’uwo ukunda , jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi nujya kumubwira akantu gasekeje cyangwa se k’ibanga ujye ukoresha kumwongorera, kuko ibi bituma yumva ibizongamubiri n’itandukaniro riri hagati yawe n’abandi

2. Kora ubushakashatsi umenye umwenda akunda mu yo ufite hanyuma ube ariwo wambara igihe cyose muri kumwe.

3. Numuramutsa jya umuhobera cyane kandi umwegereye kabone n’iyo mwaba muherukana vuba.

4. Fata igihe umubwire mutemberane mujye ahantu kure n’amaguru kandi hitaruye nko mucanga , mu ishyamba n’ahandi hatuje.

5. Jya ukunda kumubwira ko ari we wenyine wifuza kandi utamubeshya.

6. Kora akantu kerekana ko mukundana igihe muri no mu bantu benshi.

7. Muririmbire kabone n’uyo waba udafite ijiwi ryiza ,we biramushimisha.

8. Mutumire aze musangire ifunguro haba mu rugo cyagwa se muri resitora.

9. Jya umusaba uburenganzira bwo kumuhamagara kenshi.

Refe:elcrema.com

Twitter
WhatsApp
FbMessenger