AmakuruImikino

APR FC yongerereye amasezerano abakinnyi bayo babiri bayifasha cyane

Ubuyobozi bw’ikipe y’ingabo z’igihugu APR F.C bwongereye amasezerano abakinnyi bayo babiri Byiringiro Lague ndetse na Ishimwe Anicet igihe cy’imyaka ine buri wese.

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatandatu cyari kiyobowe na Chairman wa APR F.C Lt Gen Mubarakh Muganga, Umunyamabanga Michel Masabo ndetse n’abandi bakozi b’ikipe y’ingabo z’igihugu.

Irebere mu mashusho Lague na Anicet bongera amasezerano.

Aba bakinnyi bombi bazamukiye mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya APR FC ndetse kuri ubu bakomeje kugaragaza ubuhanga.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger