AmakuruAmakuru ashushye

Ange Kagame yasoje ikiciro cya gatatu cya Kaminuza ”Masters degree”

Ingabire Ange Kagame, umukobwa wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashyikirijwe impamyabumenyi y’ikiciro cya gatatu cya Kaminuza nyuma yo gusoza amasomo ye muri Kaminuza ya Columbia iherereye i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika.

Ange Kagame yahishuye aya makuru binyuze mu ifoto yacishije ku rukuta rwe rwa Twitter.

https://twitter.com/AngeKagame/status/1130356292273487876

Nyuma yo gutangaza aya makuru, abakoresha urubuga rwa Twitter bahise bafata iya mbere mu rwego rwo kumushimira.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger