Urwenya

Abagabo baragwira

Umugabo umwe yaramutse mu gitondo yumva atameze neza, gusa wari umunsi we w’amavuko.

Mu gitondo, umugore we ntiyigeze amwifuriza isabukuru nziza, yewe n’abana be nta n’umwe wigeze amwifuriza isabukuru nziza, ababazwa
nuko nta n’umwe wibuka ko yujuje imyaka 40.

Umugabo ageze ku kazi secretaire we niwe wamubwiye ati isabukuru nziza. Biramunezezacyane.

Saa sita, igihe cyo kujya muri pause kigeze, secretaire we amusaba ko bajyana muri restaurant bagasangira.

Bageze mu nzira secretaire we ati ariko
ubyemeye twagerana n’imuhira akaba ariho dufatira amafunguro niba bitakugoye?!

Umugabo aremera barajyana, bagezeyo
aricara, secretaire aramubwira ati: Hari ikibazo nkuyemo iyi myambaro nkambara iyoroshye ko hayushye umugabo ati nta kibazo rwose (yaketse ko secretaire hari icyo ashaka ko bakorana)

Agiye kubona abona Secretaire asohokanye Gateau nini, akurikiwe n’umugore we n’abana ndetse, inshuti, abavandimwe be ndetse nabakozi bose bakorana.

Bakubiswe n’inkuba ubwo basangaga
umugabo yambaye ubusa, capote tayari kugitsina yicaye mu ntebe ategereje ko secretaire aza bakabirangiza.!!!!.

Kora Share ubisangize inshuti zawe 😂😂

Twitter
WhatsApp
FbMessenger