AmakuruUtuntu Nutundi

Umupfumu yagaruje amafaranga menshi yari yaratwawe n’abajura-Inkuru irambuye

Umupfumj wo mu gihugu cya Ghana yagaruje amafaranga menshi yari yaribwe n’abajura bari barasize umukire iheruheru.

Ana bajura bari bibye arenga miliyoni 2 mu mafaranga y’u Rwanda bituma ajya kubarogesha ku mupfumu bayagarura ako kanya.

Aba bajura barozwe ku mupfumu w’ahitwa Borkor Bullet Hanson mu gace ka Volta,birangira bagaruye ariya mafaranga yose.

Radio Revival FM yavuze ko aba bajura 5 bagaruye aya mafaranga ndetse bemera ko bayibye nyamara mbere y’uko uyu mupfumu bari bahakanye.

Aba bajura bagaruye ibihumbi 9700 by’amasedi mu gihe 300 abura bari bamaze kuyakoresha gusa habaye kuyagaruza.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger