AmakuruImyidagaduro

Umunyamakuru Tjara Kabrendera yateye imitoma y’akataraboneka umugabo we wa kabiri

Umunyamakuru Tjara Kaberendera wamenyekanye mu biganiro bya RBA cyane cyane mu myidagaduro yateye umugabo we imitoma amusendera ingano y’urukundo rukomeye amukunda.

Uyu munyamakuru mu magambonye yavuze ko ibyo akundira umugabo we bitabarika kandi ko byose abishobozwa n’Imana umuremyi wa byose.

Uyu mubyeyi wakoze itangazamakuru igihe kinini by’umwihariko mu myidagaduro ari mu rukundo n’umugabo we wa kabiri witwa Abdul Nas Kangezi ukomoka mu gihugu cya Tanzanira .

Mu butumwa Tidjala yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yifashije ifoto barikumwe agira ati ati” Ubundi Zahabu isa neza kdi irahenze ariko kugirango igere hariya uyibonamo kariya gaciro:Bayicukura mu byondo,bakayinyuza mu muriro!ubundi ikitwa Zahabu”

Kumenyesha

Uramutse ukeneye kumenyekanisha ibikorwa byawe (kwamamaza) cyangwa gutanga itangazo runaka uhawe ikaze kuri Teradignews.rw.
Hamagara 0780341462 / 0784581663 // Whatsapp 0784581663 / 0789 564 452

Twitter
WhatsApp
FbMessenger