AmakuruUtuntu Nutundi

Umukozi wo mu rugo yinjije umwana w’imyaka 14 mu gitsina cye ngo yumve uko kubyara bimera

Umuyaya uri mu kigero cy’imyaka 31 y’amavuko yashyize umwana w’umuhungu ufite imyaka 14 mu gitsina cye ashatse ku mukuramo ibice bimwe byanga kuvamo, yifashisha umunwa ahamagara abatabazi.

Abahageze baje gutanga ubufasha bahise bahamagara imbangukiragutabara “Ambulance” kuko bibwiraga ko ari umubyeyi uri kubyarira mu rugo.

Abari baje gutwara umubyeyi ngo bamugeze mu bitaro, batunguwe n’ibyo babonye kuko basanze umwana uri mu gitsina yambaye imyenda. Amaguru n’igice cy’inda by’uwo mwana byari biri mu gitsina cy’umuyaya.

Bamwe mu batabaye bavuze ko bagerageje  gukurura uwo mwana ngo bamukuremo biranga babonye bikomeye cyane ndetse n’umuyaya ari gutaka cyane bihutira kumujyana kwa muganga ibice by’uwo mwana bikiri mu gitsina cye.

Uyu muyaya ubwo yagezwaga kwa muganga, abaganga bagerageje uburyo bwose bamutandukanya n’uwo mwana.

Ikinyamakuru Worldnewsdailyreport.com dukesha iyi nkuru cyanditse ko ubwo uyu mukobwa yabazwaga na polisi impamvu yamuteye gushyira uwo mwana mu gitsina cye, yemeye ko yabikoze ku bushake kubera ko yari yarabwiwe n’abaganga  ko atazabyara.

Yakomeje avuga ko yahisemo kwinjiza uwo mwana mu gitsina cye kugira byibuze nawe yumve uko kubyara bimera.

Umupolisi yatangajwe n’ibyo yabonye

Polisi yavuze ko uyu muyaya ari gushinjwa ibyaha 11 by’ihohotera birimo guhohotera umwana muto ku bushake, kubabaza umwana n’ibindi bitandukanye bishobora gutuma akatirwa igifungo cy’imyaka 65 muri gereza.

Abaganga bavuze umwana w’imyaka 14 wari waheze mu gitsina cy’umuyaya araza kumererwa neza mu gihe gito.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger