Utuntu Nutundi

Umukobwa yajyanye umukunzi we mu nkiko amushinja kugira igitsina kinini

Abantu benshi basigaye bifuza kugira ubugabo bunini kandi burebure akaba ariyo mpamvu haje n’imiti ifasha abagabo babyifuza, umugabo wo muri Zimbabwe yatawe muri yombi kubera ingano y’igitsina cye nyuma yo kuregwa mu rukiko n’uwahoze ari umukunzi we.

Uyu mugore witwa Silingile Mangena, yavuze ko imyanya ye y’ibanga yari yegeranye ari mito, mbere yuko ahura n’umukunzi we witwa Mugove Kurima, w’imyaka 37 y’amavuko.



Mangena yahaye ugomba kuzamuhagararira mu mategeko, impapuro zuzuyemo ibimenyetso, amubwira amusaba ko yasaba urukiko gutegeka umukunzi we kwishyura indishyi z’akababaro ku bwo kumwagiriza imyanya ye y’ibanga.

Uyu mugore yatangaje ko kandi agomba kuzajya kwivuza muri south Africa bakamubaga imyanya ye y’ibanga bakayisubiza ku murongo ikongera ikegerana.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger